GUSABA AMAFARANGA MASO

GUSABA AMAFARANGA MASO

GUTANGIRA

Ukoresheje iyi fishi ikigo cyawe gishobora gusaba ubufasha bwa tekiniki kugirango kirusheho kubahiriza gahunda zo guteza imbere ubukungu bwisubira mu kigo.

Turabizeza ko umushinga ndetse n’abafatanyabikorwa bazakoresha amakuru yatanzwe mu ibanga kandi aya makuru azakoreshwa mu bijyanye n’uyu mushinga gusa, hagamijwe gufasha ibigo bito n’ibiciriritse kurushaho kubahiriza gahunda yo kwimakaza ubukungu bwisubira mu bigendanye n’ikoreshwa neza ry’ibiribwa.

Uyu mushinga ugamije gutera inkunga imishinga mito n'iciriritse kurushaho gukora ibijyanye n'ubukungu bwisubira mu ruhererekane rwo kubona no gutunganya ibiribwa mu Rwanda.

Niba ufite ikibazo cyangwa andi makuru wifuza kubaza kuri iyi fishi, wakwifashisha iyi aderesi: circularfoodsystemsrwanda@wri.org

*bisabwa

Mbere yo kwiyandikisha

*
*
*
*

Please provide the name of someone in a leadership role (i.e., Founder, CEO) at the company.

*
*bisabwa

Ibisabwa kugirango wemererwe

Amategeko n'amabwiriza

Please indicate that you have read and accepted the terms outlined in the Request for Applications.

Ibisabwa kugirango mwemererwe

Can you confirm that, to the best of your knowledge, you comply with all the eligibility criteria for the SME Fund?

Sharing Learnings

Waba witeguye gusangiza ubumenyi ku kigo WRI, abafatanyabikorwa babo, ibindi bigo byasabye gufashwa ndetse n’abandi bafatanyabikorwa mu gihe cyo gushyira mu bikorwa uyu mushinga?

Ikusanyamakuru

Iyi fishi ishobora gukusanya amakuru yihariye. Mugihe twiteguye kurinda amakuru yatanzwe mu buryo bwiza bushoboka, ese uremera ko tuzakusanya aya makuru?

Gukusanya amashusho n’amafoto

Rimwe na rimwe mugihe tuzaba dushyira mu bikorwa uyu mushinga, hashobora gufatwa amafoto na videwo z’ibigo byatanze ubusabe. Ese uremera ko tuzakoresha amafoto n’amavidewo y’ibikorwa ndetse n’abahagarariye ikigo cyanyu?

Amakuru y’ukuri kandi yizewe

Ese wakwemeza ko amakuru watanze ari ukuri kandi yizewe?

Uburenganzira ku nyandiko

Wakwemeza ko amakuru ndetse n’inyandiko zose zakoreshejwe mu gutanga ubu busabe ari izawe bwite cyangwa ufite uburenganzira bwo kubikoresha?

Your responses indicate that you are not eligible for the fund.
Please check your answers, or cancel this application.

*bisabwa

Amakuru y’ingenzi ku bikorwa by’ikigo

Amakuru Yibanze

*

Aho ikigo kibarizwa *

*
*
*
*
*

Kwiyandikisha mu gihugu *

Ubucuruzi bwawe bwanditse mu Rwanda?

Inyandiko yo kwiyandikisha *

If yes, please upload a copy of any documents that demonstrate the applicant is a valid registered entity in Rwanda. ( Allowed format: PDF )

Ibisobanuro kuri sosiyete *

Amakuru y’ibanze kuri sosiyeti *

Garagaza impapuro n’ibyangombwa waba ufite bishobora gufasha umuyobozi w’ikigega kumva neza ubucuruzi bwawe (ni ukuvuga gahunda y’imyaka 5 ,ibijyanye n’imari, videwo n’ibindi. ( Allowed format: PDF )

Ingano y’ikigo *

Igihe Ikigo kimaze gikora *

Employees and Inclusion *

*
*
*
*
*
*
*
*

Abakiriya *

Abatanga ibicuruzwa *

Waba ufite abandi mukora ibintu bimwe ku isoko ry'u Rwanda?

Niba ari “yego” tanga urutonde rw’abo mukora ibintu bimwe 3 b’ingenzi

*
*

Income Generation *

Impano, inguzanyo, n’ibijyanye n’umutungo *

Imishinga y’ibikorwa biheruka ndetse n’ubufatanye *

*bisabwa

Ibibazo bijyanye n’ubukungu bwisubira

Icyiciro mugezeho mu rugendo mu bukungu bwisubira *

Kubahiriza gahunda y’ubukungu bwisubira *

Musanzwe mufite ibikorwa bijyane n’ubukungu bwisubira muri sosiyeti yanyu (Ubu busabe ntibusaba ko uba ufite ibi bikorwa kugira ngo usabe ubufasha)

Ibijyanye n’amahirwe *

Icyiciro cy’ubucuruzi Bwisubira *

Iyi gahunda yo gutanga ubufasha irareba ishyirwa mubikorwa ry’ubukungu bwisubira mu ruhererekane rwo gutunganya ibiribwa..Ni ikihe gice muri ibi bice bitatu, ubucuruzi bwanyu bw’ibanze bwibandaho?Hitamo ikiciro kimwe hanyuma usobanure uko gahunda y’ubukungu bwisubira yakoreshwamo.(Koresha interuro hagati y’eshatu n’eshanu).

Ingamba z’ ubukungu bwisubira *

Aho ubucuruzi buherereye mu ruhererekane nyongera gaciro. *

Kongera ubumenyi bwa Tekiniki no Guteza imbere ikigo *

Ibyihutirwa by’ingenzi ikigo cyafashwamo *

Garagaza (uhereye ku byihutirwa kurusha ibindi) ubufasha uzakenera mu guteza imbere ikigo cyawe. Ibikorwa bigomba kugaragaza uburyo amahame y’ubukungu bwisubira azongerwa mu bucuruzi, iki kigega ntigishyigikira inama zisanzwe z’ubucuruzi. ( 1- byihutirwa gake, 5- byihutirwa cyane) (garagaza ibikorwa n’ikigero cyabyo)

*bisabwa

Ibindi bihuriweho mu rwego rw'ubuhinzi n'ibiribwa

Ibijyanye na Politiki *

Uruhererekane rwisubira mu buhinzi n'ubworozi ku Rwanda irashaka kumenyesha no gushyigikira politiki y’ubukungu bwisubira y’imishinga mito n'iciriritse mu rwego rw’uruhererekane rw'ibiribwa. Ni ubuhe buryo butatu bwihutirwa bw’imihigo ya politiki yakwihutisha ishyirwaho ry’uburyo bworohereza ubukungu bwisubira bw’imishinga mito n'iciriritse mu rwego rw’uruhererekane rw'ibiribwa? (Urugero: imyanda ku masoko y'ibiribwa igomba gutandukana kugirango ikoreshwe nk’imyanda ibora muli iyo sosiyeti). (fomu)

Guhuza Ibigo n’amasoko *

The SME Fund plans to facilitate market linkages in the agri-food systems in Rwanda. What are three opportunity areas for market linkages in the sector that we should know about? (For example: customer education on circularity in order to increase demand for circular products; market awareness create to new revenue streams.)

Kunganirwa ku mahirwe y'ibikorwa remezo byunganira *